Elisée MUHIZI

192 Articles

Amajyepfo: Abikorera bahize kongera ibikorerwa mu cyanya cy’Inganda

Abagize Urugaga rw’abikorera ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo bavuga ko bagiye kongera ibicururizwa mu cyanya…

Habonetse igisubizo cyihuse ku kiraro cyangijwe n’imodoka

Ruhango: Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bweramana buvuga ko bugiye gusana ikiraro imodoka yangije kugira ngo…

Gushora imari muri Ruhango igihe ni iki – Munyakazi Sadate ahabona amahirwe adasanzwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwahamagariye abashoramari batandukanye ko hari amahirwe menshi babyaza umusaruro bagashora…

Muhanga: Ubuyobozi bwafunze inyubako y’ubucuruzi 

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwafunze Inyubako y’Ubucuruzi iri mu mujyi rwa gati, burayiziza umwanda…

Musonera washakaga kuba Depite uhagarariye FPR-Inkotanyi urubanza rwe rwashyizwe mu muhezo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba rwategetse ko iburanisha ry’ibanze ku byaha Musonera Germain, washakaga kwiyamamariza…

Umugabo wabwiye Urukiko ibibera mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yahawe gufungwa iminsi 30

Muhanga:Muhizi Alphonse ukekwaho icyaha cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, yahawe igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo. Urukiko…

Muhanga: Umuturage yasanzwe amanitse mu mugozi

Mujejimana Libératha w’Imyaka 47 y’amavuko yasanzwe amanitse mu mugozi yashizemo umwuka. Byabereye mu Mudugudu…

Ikirombe cyagwiriye Umusore wacukuraga amabuye y’agaciro

Muhanga: Ndaribitse Anaclet w’Imyaka 34 y’amavuko yahitanywe n’impanuka y’ikirombe. Byabereye mu Mudugudu wa Buyiga, Akagari…

Amabanga n’umucyo ku Bayobozi bahagaritswe n’abasezeye muri Nyamagabe

Nyamagabe: Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwavuze impamvu yatumye hari Abayobozi bahagarikwa ku mirimo bakora,…

Umusore yahitanywe n’ikiyorero cy’amakara 

Ruhango: Umusore w’Imyaka 30 y’amavuko witwa Athanase Nyaminani yishwe n’umuriro w’ikiyorero batwikiraho amakara. Byabereye mu…

Kamonyi: Imiryango itishoboye yorojwe inka za kijyambere

Itsinda ry’abantu baturutse muri Amerika, bakaba bakora ibikorwa birimo kwishyurira amafaranga y'ishuri abana batishoboye,…

Inama idasanzwe yeguje abayobozi bamwe barabyanga, abandi barayikwepa

Nyamagabe: Mu nama yahuje inzego zitandukanye z’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo, abakozi babiri b’Akarere banze kwegura,…

Upgrade to FOXIZ today and take advantage of these fantastic updates!