Bugesera FC yahagaritse abatoza babiri

HABIMANA Sadi
1 Min Read

Mbere yo kwakira Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona, Ubuyobozi bwa Bugesera FC, bwahagaritse abatoza babiri bikekwa ko baciweho.

Aba batoza ni uw’abanyezamu, Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ na Peter Otema wongerera imbaraga abakinnyi. Bivugwa ko aba bombi bakekwaho kuba baba ikiraro cy’intsinzi ya Rayon Sports muri uyu mukino.

Bugesera FC irwana no kutamanuka, izakira Rayon Sports irwana no kugumana umwanya wa mbere.

Ni umukino uzabera kuri Stade ya Bugesera ejo Saa Cyenda z’amanywa.

Peter Otema yahagaritswe
Ndayishimiye Eric nawe yahagaritswe
Agahimbazamusyi ka Bugesera FC kakubwe kane

UMUSEKE.RW

Share This Article
Leave a Comment
  • Nimustindwa na rayon president wa BUGESERA ahite avaho NTAHO byabayeho muri sport gufataneza Abakinnyi championnat Igiye kurangira bari bamaze Igihe badahembwa bashonje birukana abâtoza birababaje team zo mu Rwanda ziyoborwa nabantu batazi sport

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *